Umuhuzabikorwa w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye mu Rwanda, Ozonnia Ojielo, yavuze ko kuba u Rwanda ari igihugu kiri mu nzira y’amajyambere bitarubuza kugira ibyo rusangiza abandi, asaba ibindi bihugu Read More
Ngenzi Serge wamenyekanye nka Neg G The General yagaragaje agahinda aterwa no kuba ababa mu ruganda rw’imyidagaduro baramushyize ku ruhande, ahamya ko ku bwe atifuza ko abantu bazagaragaza uburyarya bw’urukundo rwabo Read More
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Shema Ngoga Fabrice, yemereye abakinnyi ndetse n’abatoza b’ikipe y’Igihugu, Amavubi ko bagiye kwishyurwa ibirarane by’Read More
Alex Dusabe yamaze kwimura igitaramo azizihirizamo imyaka 25 amaze mu muziki, aho kizaba ku wa 14 Ukuboza 2025. Mu kiganiro n’umwe mu bari gufasha Alex Dusabe gutegura iki gitaramo, yavuze ko bahisemo kucyigiza inyuma kugira ngo Read More
Abanyeshuri bo mu Karere ka Ngororero biga mu ishuri ryisumbuye rya Nyange, bavuga ko kwibumbira muri Club y’Umuco n’Ubutwari bimaze kubagwizamo imbaraga zo kurwanya ikibi n’iyo cyaba gishyigikiwe n&Read More
Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoranye itsinda rya WhatsApp ryitwa ‘Rich Gang’ bakurikiranywe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho barindwi muri bo bafunzwe, nyuma y’Read More
Zambia’s top court has barred former President Edgar Lungu from standing for re-election in 2026. The Constitutional Court ruled that the 68-year-old politician had already served the maximum two terms allowed by law. Lungu Read More
Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi isuku n’isukura, WASAC cyijeje abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, ko intego u Rwanda rwihaye yo kugeza amazi meza ku Read More
Biciye mu Bunyamabanga Bukuru bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, umutoza mukuru wa AS Kigali Women Football Club, Ntagisanimana Saida, yafatiwe ibihano kubera imyitwarire mibi yamugaragayeho ku mukino wo Read More
muyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Felix Namuhoranye yayoboye uyu muhango kuri uyu wa 26 Mata 2024 ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Repubulika ya Centrafrique Gen. Bienvenu Zokoue. Aba bapolisi Read More