Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, ntibumva impamvu ubuyobozi burebera umugabo wahinduye urugo rwe urusengero rusengera abagore ndetse bamwe akaba ashobora kuba abasambanya, kuko hari ababona abasengera abakabakaba mu Read More
Abatuye muri Gaza babwiye itangazamakuru ko biboneye ibifaro n’abakomando mu ngabo za Israel binjira mu bitaro binini bya Al-Shifa biri muri Gaza ngo bahahige abarwanyi ba Hamas bahihishe. Hagati aho ubutegetsi bwa Joe Read More
Dr. Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda avuga ko inzego z’u Rwanda zubatse uburyo bwo guha abaturage serivisi ku buryo ubu izigera kuri 10% ari zo zitarashyirwa mu ikoranabuhanga. Yemeza Read More
Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda ku bufatanye n’Ishyirahamwe ry’Uruganda rw’Igitabo mu Rwanda, bagiye guhemba amashuri makuru na Kaminuza, ayisumbuye n’abanyamakuru bateza imbere umuco wo gusoma ibitabo. Read More
Ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, bikomeje kugaragaza uburyo ibihugu bimwe byo mu Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bisa n’ibidashaka ko umuti kuri iki kibazo uboneka. Umunsi ku Read More
Urukiko rw’Ikirenga mu Burundi rwatangiye kuburanisha mu mizi, Gen Alain Guillaume Bunyoni, wabaye Minisitiri w’Intebe, mu rubanza ruri kubera muri Gereza nkuru ya Gitega, aho uyu mugabo yireguye avuga ko bimwe Read More
Urukiko Rukuru rwahamije Kayumba Christopher icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, yakoreye ku mukobwa wari umukozi we wo mu rugo, ahanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka ibiri Read More
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kokongera igihe cy’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo kuri Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, yemera ko yakoreye abantu 14. Kazungu ntiyageze mu cyumba cy’Read More
Siporo nkuko bivugwa ifasha umubiri cyane mu kuwurinda no kurwanya indwara zitandukanye ndetse no kugira imibereho itunganye, buri wese akeneye imyitozo ngorora mubiri hatitawe ku myaka, igitsina ndetse nicyo waba ukora, buri wese yayishobora kandi Read More
Nfaly Sylla ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri muri Guinée akaba na Minisitiri w’Itumanaho, abinyujije kuri X yahoze yitwa Twitter, yashyize hanze amashusho agaragaza ibendera ry’igihugu cye Read More