Inkuru y’ubukwe bw’uwiyita ‘Bishop’ Gafaranga na Annette Murava, bukomeje kugarukwaho byumwihariko ibyabaye ku munsi wabwo nyirizina bitazibagirana, ahari hakajijwe umutekano mu buryo budasanzwe ku buryo hari n’uwo Read More
Mu ntangiriro z ‘uyu mwaka wa 2023, ingingo y’abatinganyi [abaryamana bahuje ibitsina] yongeye kumvikana mu biganiro bya benshi mu Rwanda, aho bamwe bemeza ko ari uburenganzira bwabo cyane ko ari imibiri yabo abandi Read More
Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yavuze ko gushora imari mu mupira w’u Rwanda ari kimwe no kuyajugunya mu musarani. Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda kuri uyu wa Kabiri aho yavuze Read More
Nyuma y’amezi 2 imirimo yo kubaka sitade Amahoro itangiye, inzego bireba zirizeza abakunzi ba siporo n’Abanyarwanda bose muri rusange ko mu myaka ibiri iri imbere iyi stade izatangira kwakira ibirori n’Read More
Muri Gahunda ya guverinoma y’imyaka irindwi hari aho iteganya ko muri 2024 abanyeshuri biga amashuri y’ubumenyingiro bagomba kuba bageze kuri 60% nyamara kugeza ubu muri uyu mwaka imibare ya Rwanda TVET board (RTB) Read More
Ikigo gishinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro (RP) cyabuze ibisobanuro ku bibazo ku mikoresheze idahwitse y’imari ya Leta birimo ameza bivugwa ko yaguzwe Miliyoni 1,2 Frw, gisabwa kwikorera isuzuma cyasanga aya mafaranga Read More
Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamariya watangije ikorwa ry’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, yamaze ubwoba abanyeshuri bagiye gukora ibi bizamini, abasaba kumva ko ari ibizamini nk’ibindi basanzwe bakora. Dr Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ruvuga ko kuba Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA ukurikiranyweho ibyaha yarasubijwe mu kazi byabazwa iri shyirahamwe kuko bitarureba ndetse ko rwamaze gukora akazi karwo. Ishyirahamwe ry’Umupra Read More