Umugabo w’imyaka 88 wari umuntu wa mbere ku isi umaze imyaka myinshi afunze ategereje guhabwa igihano cy’urupfu yakatiwe, yagizwe umwere n’urukiko rwo mu Buyapani, nyuma yo gusanga ibimenyetso byakoreshejwe aregwa ari ibicurano. Iwao Read More
Ibitero bishya kuri Liban birimo gutegura kwinjira ku butaka bwa Liban kw’ingabo za Israel, ni ko umwe mu bakuru ba gisikare avuga. “Murumva indege hejuru yanyu, twiriwe tubarasa umunsi wose. Ibi ni ugutegura [amayira Read More
Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu akaba na Chairman w’uyu muryango, Paul Kagame, yashimiye abaturage bo muri Gicumbi ko bujuje isezerano yagiranye na bo ryo kubaka umujyi wabo. Mu bikorwa Read More
Byemerejwe i Zanzibar muri Tanzania, ahamaze iminsi habera umwiherero w’abayobozi bo muri Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba (EAC). Ku wa 11 Mutarama 2024 u Burundi bwafunze imipaka yose Read More
Rwanda :Hari abaturage bishimira ko ibikorwa byo kwiyamamaza bitarimo kubangamira ubucuruzi bwabo. Inkuru ya Muragijemariya Juventine Ibikorwa byo kwiyamamaza birarimbanyije haba ku bashaka kuba Perezida wa Repuburika ,ndetse nabiyamamariza kumyanya y’abadepite . Ikinyamakuru iremezo.Read More
KIGALI: A coalition of Rwandan media organisations and Africa Check, supported by Google News Initiative, have partnered to fact-check information ahead of the July 2024 general elections. The media regulatory body the Rwanda Media Commission, the Read More
Ubuyobozi bushya bw’Inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro ry’Ibigo by’Ubwishingizi mu Rwanda ASSAR, bwagaragaje ko mu byo bugiye kwibandaho harimo gukomeza no guha imbaraga gahunda zitandukanye zigamije kongera umubare w’abakoresha serivisi z’Read More
Abahanga mu mirire bemeza ko kurya inyanya mbisi bifite akamaro kuruta izitetswe mu biryo, kuko ari bwo zigirira umubiri akamaro. Ibi bitandukanye n’ibyo abantu bari basanzwe batekereza ko kubanza kuzikaranga mu mavuta cyangwa kubanza Read More
Ku kimoteri cya Nduba huzuye uruganda ruzajya rukora ifumbire y’imborera, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Uwamaliya Valentine akavuga ko ibi bizatuma imyanda ibyazwa umusaruro aho kuba umutwaro. Uru ruganda ruzajya rutunganya imyanda ituruka hirya no Read More
Impapuro zisaga 4,800 ni zo zizifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko zamaze gutunganywa ndetse biteguye kuzigeza ahazatorerwa hirya no hino Read More