Byemerejwe i Zanzibar muri Tanzania, ahamaze iminsi habera umwiherero w’abayobozi bo muri Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba (EAC). Ku wa 11 Mutarama 2024 u Burundi bwafunze imipaka yose Read More
Rwanda :Hari abaturage bishimira ko ibikorwa byo kwiyamamaza bitarimo kubangamira ubucuruzi bwabo. Inkuru ya Muragijemariya Juventine Ibikorwa byo kwiyamamaza birarimbanyije haba ku bashaka kuba Perezida wa Repuburika ,ndetse nabiyamamariza kumyanya y’abadepite . Ikinyamakuru iremezo.Read More
KIGALI: A coalition of Rwandan media organisations and Africa Check, supported by Google News Initiative, have partnered to fact-check information ahead of the July 2024 general elections. The media regulatory body the Rwanda Media Commission, the Read More
Ubuyobozi bushya bw’Inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro ry’Ibigo by’Ubwishingizi mu Rwanda ASSAR, bwagaragaje ko mu byo bugiye kwibandaho harimo gukomeza no guha imbaraga gahunda zitandukanye zigamije kongera umubare w’abakoresha serivisi z’Read More
Abahanga mu mirire bemeza ko kurya inyanya mbisi bifite akamaro kuruta izitetswe mu biryo, kuko ari bwo zigirira umubiri akamaro. Ibi bitandukanye n’ibyo abantu bari basanzwe batekereza ko kubanza kuzikaranga mu mavuta cyangwa kubanza Read More
Ku kimoteri cya Nduba huzuye uruganda ruzajya rukora ifumbire y’imborera, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Uwamaliya Valentine akavuga ko ibi bizatuma imyanda ibyazwa umusaruro aho kuba umutwaro. Uru ruganda ruzajya rutunganya imyanda ituruka hirya no Read More
Impapuro zisaga 4,800 ni zo zizifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko zamaze gutunganywa ndetse biteguye kuzigeza ahazatorerwa hirya no hino Read More
Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Radiant Building iherereye mu Mujyi wa Kigali, ikaba ari iy’Ikigo Radiant Insurance Company gitanga serivisi z’ubwishingizi Umukuru w’Igihugu yatashye iyi nyubako ari kumwe n’Read More
Intagarasoryo cyangwa inkarishya, zibarirwa mu bwoko bw’intoryi, ariko intaragasoryo zo ziba ari ntoya cyane zingana n’amashaza kandi zikunda kwimeza, iyo akaba ari impamvu bamwe bazita intoryi zo mu gasozi (aubergine sauvage/Turkey berry). Read More
Ambasaderi w’u Rwanda mu bwami bw’u Buholandi, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje inzira y’inzitane u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 30 ishize, mu kuburanisha abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Mu gikorwa cyo kwibuka cyateguwe Read More