Iremezo

Depite Frank HABINEZA yatangaje ko aziyamamaza kumwanya wa perezida umwaka utaha

 Depite Frank HABINEZA yatangaje ko aziyamamaza kumwanya wa perezida umwaka utaha

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukijije Depute Frank Habineza amaze guha ikiganiro radio tv10 ko aziyamamariza kumwanya wa perezida umwaka utaha .

Ubwo Hon. Oda Gasinzigwa wagizwe Perezida wa Komisiyo y’amatora, yarahiriraga kuzuzuza inshingano ze, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Gashyantare 2023, yavuze ko amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko n’aya Perezida wa Repubulika ashobora guhuzwa, agakorerwa rimwe. ubwo DR Frank Habineza yabazwaga  icyo avuga kubusabe bwa Hon. Oda Gasinzigwa   Yavuzeko yishimiye ,icyi cyifuzo kuko gutandukanya imyaka yo gutoramo byabarushyaga mubijyanye n’amikoro ndetse no muburyo b’umubiri,  Frank Habineza yaboneyeho gusaba ko iminsi komisiyo y’amatora yatangaga yo kwiyamamaza ari mikeya  ugereranyije naho bajya kwiyamamaza

Web Master

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *