Iremezo

Harabaturiye n’abarema isokorya Byangabo mu karere ka Musanze bavuga ko babangamiwe n’imyanda imenwa inyuma yirisoko

Harabaturiye n’abarema  isokorya Byangabo mu karere ka Musanze bavuga ko  babangamiwe n’imyanda imenwa inyuma yirisoko kuburyo ngo umunoko wabarembeje  bakifuza ko ubuyobozi bwabafgasha abayihamena bagakumirwa ubuyobozi bw’ Akarere ka Musanze bwatubwiyeko ikikibqzocyiri hafi kgukemuka kukongohari ikimoteri kigezwehocyubatswe iyimyanda izajya ishyirwamo .

Ukigera mu isoko rya byangabo riherereye mumurenge  wa busogo ubona ari isoko riremwa na benshi, werekeje  inyuma yaryo hatuye n’abantu uhasanga akandi gasoko gatoya gacururizwamo  itabi rizwi nkibikamba, abandi baba bacuruza ubwatsi buboha imisambi n,ibirago byose bikikijwe, ikimoteri kimenwamo imyanda, kuburyo kuhaca wipfuka amazuru, bitewe n,umunuko urikomokamo  .

imyanda ihamenwa bemeza ko ituruka mu isoko rinini  indi  ikazanwa n,imodoka murucyerera  ikaba ituruka mutubari .iyimyanda yiganjemo  imiheha ya plastike ndetse n,ibimene by;amacupa  ibi byose nibyo  abagituriye baheraho  basaba  ko  cyahimurwa.

Umwe muribo yagize ati <ikintu twasaba hano urabona ko hari abaturage benshi dukora ubukorikori n’abandi bahazana ibicuruzwa, duteneye ubuvugizi kugira ngo ntidukomeze kubangamirwa n’aya mashashi n’ibindi bikoresho bya pulasitiki bishaje bajugunya hano bikivanga n’indi myanda>  iki nicyo umuyobozi w,akarere ka  MUSANZE Nuwumuremyi Jeanine aheraho  buvuga ko hafi aho  hari  ikimoteri  kivuguruye kuburyo hari gahunda yuko iyi ibangamiye abaturage izajya ijyanwamo yagize ati <hafi y’Ishuri rya Cavem kuri Busogo hari ikimoteri navuga kigezweho kubera ko bafite imoteri cyubatse mu buryo bwa kijyambere ku buryo usanga abantu batandukanyije imyanda, amashashi bayashyize ukwayo, bizabyazwa umusaruro hakurikijwe ubwoko bw’imyanda babonye”. Arongera ati <niyo mpamvu uzasanga amashashi bayashyize hamwe, hari abaza kuyabatwarira, ibintu by’amacupa babishyize hamwe, bityo ugasanga imyanda iri kugenda itandukanywa, ariko icyo Abanyamusanze bakuramo, banishimira ni iyo fumbire y’imborera imeze neza bashobora gufumbiza iyo mirima yabo”.

Kugeza ubu hirya no hino mu rwanda hagenda hagaragara  ikibazo  cy,imyanda imenwa mu bimoteri rusange ariko abaturage bagakomeza gutaka ko biba bidatunganyijwe Neza Kuko Bibatera Uburwayi.ariko ikigaragara nkumuti nuko muri akakarere ka

Musanze hatangiye inganda zibyaza umusaruro iyo myanda igahindurwamo ifumbire yifashinswa nabahinzi,  uyu ni numushinga munini igihugu gifite nkuko Ikigo cy,igihugu gishinzwe isuku n,isukura WASAC  kuburyo nkomuri Kigali harimo kubakwa inganda zizajya zitunganya iyo myanda ikabyazwamo ifumbire ikenerwa nabahinzi  .

Web Master

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *