Iremezo

Hari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira  kuba barangije kwiga ,kuko iyimyuga igiye kubafasha mukwiteza imbere 

 Hari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira  kuba barangije kwiga ,kuko iyimyuga igiye kubafasha mukwiteza imbere 

Hari abarangije mu ishuri rya Esther Aid ryigisha imyuga bavuga ko bishimira  kuba barangije kwiga ,kuko iyimyuga igiye kubafsha mukwiteza imbere

Ubwo hatangwa impamyabumenyi kubarangije mumasomo yo guteka no kudoda muri Esther Aid  hari abavuze ko amasomo bize agiye kubafasha mukwiteza imbere bo n’imiryango yabo   umwe muribi yagize ati »njyewe nabyaye nkiri mutoya nshikiriza amashuri ,ngira amahirwe nza kwiga imyuga ahangaha ,nabyize mbikunda guteka rwose ,ubuu rero bigiye kumfasha kwita kumwana wanjye ,ndetse nanjye ubwange kuburyo ntawe nzngera gutegera amaboko

Abihuje na mugenzi we uvuga ko agiye kwifashisha ubudozi yize ,mugushaka akazi agashaka icyamuteza imbere mumibereho  ,

Nubwo barangije basaba ko bafashywa gushakirwa ibikoresho byo kuzifashisha mukazi kuko ngo babaretsse n’ubundi basubira mubibazo bahozemo .

Umuyobozi ‘ikigo cya ESTHER AID Claire Effiong Avuga ko. Yishimira aho ishuri rigeze ndetse anashimira abahiga n’abahigisha ,ariko kandi avuga ko bahise mo kwigusha abana baabakobwa kuko uwigisha umwana aba yigishije umuryango

<aba bose biga hano  abenshi baba barahuye nibibazo  byo kubyra bakiri batoya ,ubwo rero bagomba gufashywa ,muziko  uwigishije umwana aba yigishije umuryango

>

Kucyibazo cy’uko abasoje amasomo bahabwa ibikorsho  bizabafasha  mubuzima  buri imbere ,umuyobozi wa program mumuryango w’ivugabutumwa AERR Emile avugako bazabaha ibikoresho byo kuzifashisha  biyo ngo impungenge zishire

Ati< ibikoresho tuzabibaha ntacyibazo  rwose kuko tugomba gukomeza kubaba hafi  ,kugirango hatagira abaducika bagasubira mungeso mbi.

 

Uyumushinga wo gufasha urubyiruko hazatagwa ibikorsho bijyanye n’imyuga abiga bize bikazatwara amafaanga abarirwa muri miliyoni maganane mirongo icyenda  mukarere ka Gasabo

Ubuyobizi bw’irishuri bugashishikariza abashaka kwiga ko amasomo azatangira mukwezi kwa cyenda.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *