Iremezo

Kiriziya Gatolika mu Rwanda iri mu gahinda ko kubura umusaseridoti wayo

Padiri Sebahire Emmanuel wari Umuyobozi Wa Roho wa ‘Legio Mariae” mu Rwanda yitabye Imana amaze imyaka 11 ahawe iryo sakaramentu.

Uyu kandi yari Padiri mukuru wa Paruwasi ya Shyorongi muri Arkidiyosezi ya Kigali.

Yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize uburwayi. Yahawe ubusaseredoti mu mwaka wa 2011.

Amafoto ya Padiri Sebahire mu kwizihiza yubile y’imyaka 100 ya Regio Mariae yaberaga muri Paruwasi ya Rutongo(ubasumba) tariki 6 Ugushyingo 2021

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *