Iremezo

Peresida w’Ubufaransa   yasabye abacitse ku icumu kumuha imbabazi

 Peresida w’Ubufaransa   yasabye abacitse ku icumu kumuha imbabazi

 

Peresida w’Ubufaransa Emmanuel Macron   yasabye abacitse ku icumu kumuha imbabazi

ubwo yari ku rwibutso rwa Kigali Gisozi yavuze ko yaje kwemera no kwibuka  ,ariko asaba imbabazi, by’umwihariko abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi

 

Muruzinduko rw’iminsi ibiri  Perezida Emmanuel Macron  w’ubufaransa arimo kugirira mu Rwanda  yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, yunamira inzirakarengane zirushyinguyemo. Anatemberezwa urwibutso  asobanurirwa amateka ya jenoside yakorewe abatutsi nyum gatoya yanditse mugitabo abasuye urwibutso bose bandikamo mu ijambo rye ryatwaye iminota 15 Emmanuel Macron  isi yose isa nkaho yari ihanze amaso ngo barebeko yasaba imbabazi  yavuzeko yazanywe no kwemera kumugaragaro  uruhare rw’ubufaransa rwagize muri jenoside yakorewe abatutsi  ariko ko  abayinzemo aribo bafite impano yo gutanga  Imbabazi

Ati “nje kwemera nyuma yo kwemera  ababaye  muri iricuraburindi nibo bashobora kkuduha imbabazi

Macro  yanagaragajeko  Ubufaransa bufite uruhare mumateka,nuruhare   rwa politiki mu Rwanda” kuva 1992 kugera mu 1994  ati  “

U Bufaransa bufite umukoro wo   kwakira amateka no kwemera uruhare mu makuba ,u Bufaransa bwashyizemo Abanyarwanda kubera bwamaze igihe kirekire bwarahisemo guceceka aho gushakisha ukuri.”

Perezida Macron abaye uwa kabiri wayoboye u Bufaransa usuye urwo rwibutso nyuma ya Nicolas Sarkozy warusuye muri Gashyantare 2010. Icyo gihe yasabye imbabazi kubera–

Web Master

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *