Iremezo

Ubuholandi buravuga ko burimo gukora ibishoboka byose ngo byo bwohereze abakekwaho gusiga bakoze jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda

 Ubuholandi buravuga ko burimo gukora ibishoboka byose ngo byo bwohereze abakekwaho gusiga bakoze jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda

Ubuholandi buravuga ko burimo gukora ibishoboka byose ngo byo bwohereze abakekwaho gusiga bakoze jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda baba bakihisheyo kuko icyaha cyajenoside ari icyaha cyindengakamere
ni mugihe ikigihugu kivuga ko  imyaka 25 ishize gifatanya n’u rwanda mubijyanye n’ubutabera

Ubutabera butinze ntibuba bukiri ubutabera iri ni ihame ry’ubutabera nyamara hari abakekwaho gukora jenoside yakorewe abatusti bakihishe hirya no hino mumahanga iki nicyo Umuryango AEGIS Trust uheraho usaba ibihugu bikibacumbikiye kubohereZa bakaburanishywa cyane cyane ubisaba igihugu cy’ubuholandi nkakimwe mubigifite abantu bakekwaho gukora jenoside yakorewe abatutsi ariko banagira uruhare mumigendekere myiza y’ubutabera bwo mu Rwanda
Ambassador w’ubuholandi mu Rwanda avugako imyaka 25ishize igihugu ahagarariye cyagize uruhare mukohereza bamwe bakekwaho gukora Jenoside ariko ko rukinafite umukoro wo kohereza abakekwaho bakiriyo, Ambassador w’ubuholandi mu Rwanda  ati” abaholandi dushyigikira ubutabera ,kandi icyaha cya jenoside nicyaha ndengakamere ,twafatanyije n’Urwanda muri gacaca ,ariko tunemera uwakorewe icyaha ,iyo uwcyimukoreye ahaniwe aho icyaha cyabereye bigira akamaro ,hari abakekwaho gukora jenoside boherejwe n’ubuholandi ariko  twiteguye no gukorana n’Urwanda ndetse nigipolisi mpuzamahanga.

Ubutabera bw’Rwanda buvugako bwakoze inyandiko zo guta abakekwakowgukora jenoside yakorwewe abatutsi bakiri mumahanga zigera kuri 1146 ubushinjacyaha bwazohererehe ibihugu bisaga 33 byiganjemo ibyo muri Afurika ,kugeza ubu imanza zimaze gucibwa mumahanga ni 23 naho abagera kuri 23boherejwe mu rwand harimo nabaturutse mubuhorandi

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *