Polisi y’igihugu yatangaje ko ibinyabiziga bisaga 500 byafatiwe mu makosa atandukanye bigiye gutezwa Cyamunara kubera ko ba nyirabyo batagiye gukemura ibibazo n’amakosa bakoze ngo babisubizwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Rutikanga Boniface Read More
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda buvuga ko dosiye iregwamo Jean Baptiste Habineza, uyobora Umurenge wa Busoro mu Karere ka Nyanza, washinjwaga ibyaha birimo guhisha amakuru ku cyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no kunyereza imibiri Read More
Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bagaragaje ko bafite umukoro wo guharanira ko amateka mabi yaranze abayobozi bo hambere atazongera kubaho ukundi ahubwo bagaharanira kwimakaza ubuyobozi buzira amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside. Ni ubutumwa bagarutseho kuri Read More
Imibare igikusanywa iravuga ko mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byahitanye abasivili bagera muri 11. Muri abo bapfuye harimo abana n’abagore. Iyo bisasu byarashwe aho byarakaje abaturage bituma batura umujinya abasirikare b’Uburundi, aba DRC Read More
kuri uyu wa kane urubanza rwa Nkunduwimye rwakomeje perezida w’iburanisha yatangiye abaza ibibazo bitandukanye umutangabuhamya. uyu mutangabuhamya w’imyaka 63 aba mu gihugu cy’ububirigi ndetse yanatangaje ko ntasano afitanye na Bomboko. : Perezida:Kuki ejo Read More
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kane yemeje ko Vedaste Nshimiyimana nk’umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’amajyepfo ,yanemeje kandi Pascal Ngendahimana kuba munyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’amajyaruguru ,ubusanzwe intara y’amajyaruguru yayoborwaga Read More
Kugeza uyu munsi, abahoze ari abakozi ba Electrogaz bamaze kumenyekana ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi ni 176, icyakora Kalisa Evariste (wabaye Umudepite) wakoze muri iki kigo imyaka 20 irenga akavuga ko abarenga 200 ndetse 99% bikekwa ko bishwe Read More
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC iri gutegura umushinga w’itegeko rivuguruye rigena imitunganyirize n’imikoreshereze y’amarimbi mu Rwanda, rizatuma gushyingura mu buryo busanzwe bishyirwaho akadomo. Uyu mushinga w’itegeko niwemezwa ushobora guhindura ibijyanye Read More
nyeshyaka wahoze ari Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Sainte Famille yafatanyije n’abandi bayobozi batandukanye barimo Renzaho Tharcisse wari Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Mukundutiye Angeline wari Umugenzuzi w’amashuri muri Nyarugenge ndetse na Read More
Kuri uyu wa Kabiri, urubanza rwa Emmanuel Nkunduwimye uregwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwakomeje mu Rukiko rwa rubanda rw’i Buruseri mu Bubirigi, uyu munsi ukaba wahariye abatangabuhamya bashinja uregwa. Umutangabuhamya wabanje mu Rukiko avuga ko Read More