Umuryango w’umunyemari Kabuga Félicien ufatwa nk’umuterankunga mukuru wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wasabye ko urubanza rwe ruseswa kuko adafite ubushobozi bwo kuburana. Félicien Kabuga kuri ubu ari mu maboko y’Read More
RUtunga Venant Ashinjwa kugira uruhare mu gutegura no gushyira mu bikorwa umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyari Ikigo gishinzwe ubushakashatsi mu buhinzi cya ISAR – Rubona, mu Karere ka Huye Mu mwaka wa 2019 nibwo byatangajwe Read More
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa Kane rwaburanishije ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku banyeshuri 4 mu rubanza baregwamo ibyaha bakoreye mu rwunge rw’amashuri rwa Kabgayi A. Batatu muri aba bane rwemeje ko Read More
Kuba Hatarajyaho iteka rya minisitiri w’ubutabera rigena uko itegeko ryo guhanisha abakoze ibyaha byoroheje, igihano cy’imirimo y’inyungu rusange ndetse no gukoresha ikoranabuhanga ni kimwe mu bituma ishyirwa mu bikorwa byaryo bigorana nyamara Read More
Umuturage Uwimana MArceline wo mu karere ka Kicukiro aravuga ko amaze imyaka 21 yaratsinze urubanza numero RC35656/01 nyamara ngo yimwe irangiza rubanza n’ukurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge. Ahubwo ngo bakamusaba gusubirishamo urubanza kuri we abifata nk’Read More
Umwunganizi wa Félicien Kabuga yasabye urukiko rwa ONU/UN ikindi gihe cyo gutegura urubanza mu mizi rw’uwo yunganira. Kabuga afungiye i La Haye mu Buholandi kuva mu kwezi kwa cumi nyuma yo gufatirwa Read More
Ubuholandi buravuga ko burimo gukora ibishoboka byose ngo byo bwohereze abakekwaho gusiga bakoze jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda baba bakihisheyo kuko icyaha cyajenoside ari icyaha cyindengakamere ni mugihe ikigihugu kivuga ko imyaka 25 ishize gifatanya n’Read More
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, yarashe imfungwa eshanu zari zitorotse. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mata 2021, nibwo izi mfungwa uko ari eshanu zagerageje Read More
abakekwaho gukora jenoside hari abafungiye hanze y’u Rwanda ariko inkiko zaho zikagenda biguruntege mukubacira imanza .kuri Uyu mubyeyi uri mukigero cy’imyaka 85 avuga ukuntu yabyaye abana 9 ariko muri jenocide yakorewe abatutsi bakamwicira abana 8 n’Read More
Mu rubanza RS/INJUST/RCOM 0002/2020/CA, Umunyamategeko w’umunyarwanda Me Mhayimana Isaie, uburanamo na KHAAS Ltd, ihagarariwe n’umunya Pakistan Amjad MERCHANT ALI , abunganira Mhayimana bihannye inteko iburanisha nyuma yo kugaragaza ko nta cyizere bayifitiye Read More