Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Congo, Gen Maj Chiko Tshitambwe, yatangaje ko Igisirikare cya FARDC kimaze iminsi mu bikorwa byo gushaka ubufasha bwo guhangana n’u Rwanda ndetse ko cyitabaje ibihugu byo muri SADC. Read More
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukijije Depute Frank Habineza amaze guha ikiganiro radio tv10 ko aziyamamariza kumwanya wa perezida umwaka utaha . Ubwo Hon. Oda Gasinzigwa wagizwe Perezida wa Komisiyo y’amatora, yarahiriraga kuzuzuza Read More
Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba wasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, gutanga ibisobanuro birambuye kandi mu buryo bwihuse, impamvu yirukanye abasirikare b’u Rwanda bari mu bugenzuzi bw’ingabo z’uyu muryango ziri Read More
In fact, they either prevent or end it, at all costs. I find quietude in the accuracy of this quote:“I prefer peace. But if trouble must come, let it come in my time, so Read More
Igisirikare cya leta ya DR Congo cyatangaje ko “ku mpamvu z’umutekano” cyategetse ingabo z’akarere (EACRF) ziri muri icyo gihugu “gusubiza mu gihugu cyabo” ba ofisiye b’u Rwanda bari muri ‘état-major’ y’izo Read More
Albert Rudatsimburwa, umunyamakuru wo mu Rwanda yahakanye kwiyita ukorera Al Jazeera, nyuma yuko itangaje babiri ivuga ko bayiyitiriye ko yabatumye gutara amakuru i Kishishe muri Rutshuru hagenzurwa n’inyeshyamba za M23. Mu kiganiro na BBC Read More
Alice Wairumu Nderitu, usanzwe ari umujyanama w’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye mu byerekeye gukumira Jenoside, yatangaje ko ibyo aherutse kwibonera no kwiyumvira ubwo yari ari mu Burasirazuba bwa DRC, byamweretse ko hashobora kuzakorwa Read More
Dr. Theoneste Niyitegeka wigeze gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu 2003, yafunguwe muri iyi minsi nyuma yo kurangiza igihano. Mu mwaka 2008, Dr Niyitegeka umuganga by’umwuga yakatiwe igihano cy’imyaka 15 y’igifungo n’urukiko gacaca rwa Read More
Depite Habiyaremye Jean Pierre Celestin yabwiye Taarifa ko yeguye , ndetse ko ibaruwa w’ubwegure bwe yayigejeje ku buyobozi bw’Inteko ishinga amategeko ariko ko atarasubizwa. Yatubwiye ko impamvu yatumye yegura idashingiye ku businzi nk’uko Read More
Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma 31 bitezwe mu Mujyi wa Djerba muri Tunisia aho guhera ku wa Gatandatu no ku Cyumweru bazitabira Inteko Rusange ya 18 y’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, izarangira Louise Mushikiwabo Read More