Amezi abiri yari yatangajwe na Minisitiri w’Ibikorwa Remezo imbere y’Umukuru w’Igihugu ko ibibazo by’abamotari bizaba byarabonewe umuti, yarenzeho icyumweru, mu gihe bamwe mu bamotari bavuga ko ibi bibazo bigihari ku buryo Read More
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA), burasaba abayobozi b’ibigo gushyiraho ibyumba bifasha abakozi babo b’abagore mu konsa abana kuko kuba bidahari ari imbogamizi ku mikurire y’umwana. Read More
Umukobwa ukiri muto wo mu Kagari ka Kamashangi mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, uba mu nzu nto bamwe bitiranya n’ubwiherero, avuga ko abahisi n’abagenzi bakunze kuza baje kwiherera, akababwira ko Read More
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Kamurera mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, bavuga ko batazi aho ibiro by’Akagari biherereye kuko aho byahoze ubu hatuyemo umuturage, none ngo ushaka Gitifu ni Read More
Abakora mu rwego rw’itangazamakuru n’isakazabumenyi mu by’ikoranabuhanga bavuga ko kugira ngo itangazamakuru ribashe gukoresha ikoranabuhanga rigezweho (digital technology) hakenewe ibikorwaremezo bihagije ndetse n’ubushobozi buhagije. Ibi babigarutseho ubwo batangiraga inama y’Read More
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Nsabimana Erneste, yabwiye Inteko Ishinga Amategeko ko isesengura riherutse gukorwa hirya no hino mu gihugu ryagaragaje ko imiyoboro igera kuri 400 ishaje ku buryo ikeneye gusimbuzwa kugira ngo abaturage bakomeze kugezwaho amazi Read More
tariki ya 07 ukukwezi nibwo iritorero ryafashije abatishoboye bo mu Busanza mu Murenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro ari naho iri torero rifite ishami mu Rwanda. Hari muri gahunda y’Itorero Believers Eastern Church ifatanyamo n’Read More
Kubaka urugo no gushinga umuryango ni ikiciro cy’ingenzi mu byiciro by’imibereho ya muntu, uretse wenda abahisemo kudashaka no kubaka ingo ku mpamvu zabo zumvikana kandi zibanogeye ubwabo undi muntu atakwivangamo, abandi bose basigaye Read More
Itorero Angilikani ry’u Rwanda ryashinze diyosezi nshya mu Karere ka Nyaruguru ndetse himikwa n’Umushumba mushya waryo Musenyeri Habimfura Vincent, iba iya 13 rigize mu Rwanda. Ibirori byo gutangiza EAR Diyosezi Nyaruguru mu itorero Angilikani Read More
Umugore wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, uri kotswa igitutu ngo asohoke mu nzu ndetse bakaba baratangiye kuyimusenyeraho, avuga ko asanganywe ikibazo cyo kuba umugabo we yaraburiwe irengero ariko ko baherutse guhurira Read More