Mu Karere ka Musanze haravugwa indwara idasanzwe yagizwe ibanga, ifata abantu bafungiwe n’abigeze gufungirwa mu kigo cy’inzererezi giherereye mu Murenge wa Kinigi, amezi yihiritse ari 2 iyi ndwara igaragaye muri iki kigo, Read More
EDITOR
May 26, 2022
Mugihe uwishingiwe muburyo butandukanye aba yizigamiye, kuko iyo ahuye n’insanganya yishyurwa ,nyamara mu Rwanda abatanga ubwishingizi baracyari bakeya ,nubwo imibare uko imyaka Ishira igenda izamuka. Mubanyarwanda barenga miliyoni 11 abagera kuri 1.9%nibo batanga ubwishingizi Read More
EDITOR
November 4, 2021
Hari abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko bahangayikishijwe no kuba inkoni yera bakoresha itaratangira kugurwa hifashishijwe ubwisungane mukwivuza mituelle de sante ,kandi ngo yagakwiye kugurwaho kuko ari insimburangingo nkizindi bakifuza ko minsante yakwemerako zigurwa kuri Read More