Perezida Paul Kagame abinyujije kuri Twitter yagaragaje ko yishimiye kuba u Rwanda rwabonye inkingo za mbere zo gukingira abaturage Covid-19, iki cyiciro cy’ingingo ni izihutirwa zizahabwa abazikeneye cyane batoranyijwe. yanditse ati&Read More
Beterave (iri ni izina ry’igifaransa, mu cyongereza izwi nka beetroots cg beets) ni zimwe mu mboga zikungahaye ku ntungamubiri, ikaba isoko nziza y’isukari nziza waha umubiri, ahenshi ikoreshwa mu mwanya Read More
Bamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali bavugako bishimira ko igikorwa cyo gukingira abantu Covid19 cyatangiye, bakanifuza ko gukingirwa byakorerwa mu ruhame cyangwa ahantu hazwi, ndetse n’abayobozi bagatanga ingero bityo abantu bagatinyuka nabo bakikingiza Read More
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangajje ko umuti wa Favipiravir wagaragaje ko utanga icyizere mu kuvura abarwayi ba COVID-19 barembye. Uyu muti wagejejwe mu Rwanda muri Mutarama mu rwego rwo gushyigikira izindi ngamba zariho Read More
Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr. Sabin Nsanzimana, mu kiganiro yagiranya na RadioTv10, mu kiganiro Zinduka, cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Gashyantare 2021, yasobanuye imiterere, inkomoko ndetse ya virus itera indwara Read More
Leta ya Afurika y’Epfo yahagaritse ibikorwa byo gukingira Coronavirus hifashishijwe urukingo rwa AstraZeneca, nyuma y’uko ubushakashatsi bwerekanye ko ubushobozi bwarwo bwo guhashya ubwoko bushya bw’ako gakoko kihinduranya ari buke. Ubushakashatsi buheruka gukorerwa Read More
Mu nama y’ihuriro ry’Ubukungu, World Economic Forum, perezida Paul Kagame yavuze ko icyorezo cya COVID19 cyagaragaje ko hariho icyuho mu mibanire no mu mibereho y’abaturage ku isi yose, kinagaragaza ko abantu muri Read More
Mu minsi 11 ishize, mu Rwanda hamaze kugaragara ubwandu bwa Coronavirus ku bantu 1083, mu gihe mu minsi ine abamaze gupfa bo ari icyenda. Ni imibare iri hejuru ku buryo budasanzwe kuva iki cyorezo cyagaragara bwa mbere Read More
UNAIDS, ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku kurwanya icyorezo cya SIDA, rivuga ko ritewe imbaraga n’ubushakashatsi bwerekanye ko umuti ugabanya ubukana bwa virusi itera SIDA uri kurinda abagore kuyandura. UNAIDS, ishami ry’umuryango Read More
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abaturage babiri bo mu Karere ka Rwamagana bishwe na COVID-19 mu Rwanda, bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo ugera kuri 38. Itangazo rya Minisante ryo kuri uyu wa Mbere Read More