Abapolisi babiri barashwe mu gihe abantu ibihumbi bari kwigaragambya mu mujyi wa Louisville muri Amerika nyuma y’uko abacamanza bavuze ko nta muntu uzaregwa urupfu rwa Breonna Taylor. Breonna wari ufite imyaka 26 ari umukozi Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko rwafunze uwitwa Nyirahanyurwishaka Alphonsine ukurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa byateye urupfu aho yamennye amazi ashyushye ku mugabo we n’umwana wabo w’umwaka umwe Read More
Barore Cléophas, ni umwe mu banyamakuru bakunzwe kubera ijwi rye rinogera amatwi ya benshi, uretse kuba akoresha iri jwi mu makuru no mu biganiro bitandukanye anafite uburambe mu mwuga w’itangazamakuru ndetse Read More
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu babiri bahitanywe na COVID-19, abahitanywe n’icyorezo bamaze kuba 29. Itangazo rigeza ku Baturarwanda amakuru mashya kuri COVID-19 rivuga ko iyi ndwara yishe umugore n’umugabo bari Read More
Dr Leon Mugesera umaze imyaka umunani aburana ku byaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye i Kabaya rifatwa nka rutwitsi, urukiko rw’Ubujurire yari yajuririye icyemezo cyo gufungwa burundu, na rwo rwamukatiye iki gihano, Read More
Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yatangaje ko amashuri azatangira mu Ukwakira uyu mwaka ariko ko bizakorwa mu byiciro aho ku ikubitiro amashuri makuru na za Kaminuza ariyo azaherwaho. Ibi yabitangaje nyuma y’Read More
Polisi ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu mu kagari ka Gihinga ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe abasore batatu baba mu itsinda ry’abitwa imparata. Bafashwe ku Read More
Uruhuri rw’ibibazo by’imicungire muri WASAC: Biraro aravuga ko ibananiza Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) bavuze ko imicungire mibi ikomeje kurangwa Read More
Tariki 21 Nzeri buri mwaka, Isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro, hagatekerezwa ku kamaro kayo ndetse n’uburyo yasigasirwa, aho atari nabwo hagatekerezwa ku cyakorwa ngo aboneke. Mu kwizihiza uyu munsi, mu Rwanda hibandwa Read More
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yohereye Bwana Cheikh Tidiane Gadio muri Mali kujya guhagararira uriya muryango mu bikorwa byo gusuzuma uko amahoro agarurwa muri Mali. icyemezo cya Read More