Abakuru b’ibihugu bya Angola, Burundi, RDC, Rwanda na Uganda bagiye guhurira mu nama yiga ku bibazo by’umutekano mu Karere izaba hifashishijwe ikoranabuhanga nyuma y’aho iyagombaga kubera i Goma isubitswe. Read More
Abakunda gusoma Larousse Français, ndavuga inkoranyamagambo y’Igifaransa, ndakeka bazi n’uyu mugani “Si la personne est agée, son coeur ne l’est pas” bisobanura ko Read More
Gisa James wamamaye mu muziki ku izina rya Gisa cy’Inganzo yatangaje ko yitegura gukora ubukwe n’umukobwa witwa Barindisezerano Jackin wamubaye hafi kuva yafungurwa muri gereza ya Mageragere. Mu ijoro ry’Read More
Ingoro z’Umurage w’u Rwanda ku bufatanye na Miss Teta Ndenga Nicole wabaye Miss Heritage Rwanda 2020 mu irushanwa rya Miss Rwanda 2020, bateguye igikorwa cyo kwigisha Abanyarwanda n’Abanyamahanga umuco w’Read More
imvura zateje ibiza bikomeye mu mwaka ushize, birimo no gutwara ubuzima bw’abantu, umujyi wa Kigali na Meteo Rwanda basabye abatuye mu manegeka ko bakwiye kwimuka vuba ku girango batazahitanwa n’imvura ishobora Read More
Yanditswe na Juventine Muragijemariya. Harabaturiye igice cyibumoso bw’umuhanda kucyimoteri cya Nduba bavuga ko bifuza kwimurwa kuko babangamiwe n’umunuko uturuka mubyobo byahacukuwe bimenwamo umwanda uturuka mumisarane yo muri Kigali umujyi wa Read More
Inteko Ishinga Amategeko y’Ububiligi iherutse gushyira hanze amazina y’inzobere zizafasha iyo Komisiyo idasanzwe arimo, Laure Uwase ushinjwa n’u Rwanda kuba mu bahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe. Ati: “Muby&Read More
Nyuma y’iminsi 204 siporo rusange ya Car Free Day ihagaritswe nk’imwe mu ngamba zo gukumira icyorezo cya Coronavirus, kuri iki Cyumweru yongeye gusubukurwa mu Mujyi wa Kigali yitabirwa n’abarimo Minisitiri Read More
YANDITSWE NA MURAGIJEMARIYA JUVENTINE Ku wa 21 Nzeri buri mwaka, Isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro, hagatekerezwa ku kamaro kayo ndetse n’uburyo yasigasirwa, aho atari nabwo hagatekerezwa ku cyakorwa ngo aboneke. Read More
YANDITSWE NA MURAGIJEMARIYA JUVENTINE Angelique Uzamukunda utuye mu karere ka Nyarugenge, mu kagari ka Rwampala, Umudugudu wa Gacaca, aravuga ko yakubiswe n’umuturanyi we Harindintwari akamukura amenyo atatu, ariko ngo ntiyigeze amufasha Read More