Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri DR Congo yahaye umudari w’ikirenga Caporal Albert Kunyuku, sekombata wa nyuma w’iki gihugu warwanye intambara ya kabiri y’isi. Ingoro y’umwami w’Ububiligi ivuga Read More
Kuri uyu wa 08 Kamena 2022 Leta ya Congo Kinshasa yasohoye itangazo rihagarika ingendo zo mu bwato mu kiyaga cya Kivu mu masaha y’ijoro, ngo ni ku mpamvu z’umutekano.Ingendo z’ijoro mu kiyaga cya Read More
Mu ijambo ryaciye kuri televiziyo y’igihugu (RTNC) Tshisekedi adaciye ku ruhande yavuze ko “abaturanyi ba Congo-Kinshasa badakwiriye kwibeshya ko kuba iki gihugu giharanira amahoro bivuze ko ari ikinya ntege nke.” Mu magambo ye yemye Read More
Ku wa Kane, tariki ya 26 Gicurasi 2022, abakozi ba Kompanyi ikora ibijyanye no gutega ku mikino [betting], Forzza Bet Rwanda, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira inzirakarengane zihashyinguye. Mu gihe Read More
Abategetsi ba DR Congo barimo gushinja ubutegetsi bw’u Rwanda gufasha umutwe wa M23 mu mirwano, umuvugizi wa leta y’u Rwanda yavuze ko kiriya ari ikibazo cya Congo ubwayo. Kuwa gatatu mu nama y’Read More
Umwana w’umukobwa uherutse kugaragara ku muhanda mu Mujyi wa Kigali ari gusubiramo amasomo anashakisha imibereho acuruza imbuto ku gataro bigakora benshi ku mutima, yatangiye kubona abagiraneza bamufasha aho ubu yabonye ishuri ryiza rigezweho ryamwemereye Read More
Akamaro ka teyi ku buzima Teyi (izwi nka romarin mu gifaransa cg rosemary mu cyongereza), ubusanzwe abenshi tuyizi ikoreshwa mu guteka umuceri, icyayi, n’ibindi. Nyamara kandi uretse kuba ari ikirungo ni n’umwe mu Read More
Mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent wahoze ari perefe wa Perefegitura ya Gikongoro rurimo kubera mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa, Umutangabuhamya ufite abana batatu biciwe i Murambi, ndetse n’abagize umuryango we Read More
Mu 2018, Iyakaremye Isaac yinjijwe muri gereza ya Nyarugenge izwi nk’iya Mageragere nyuma yo guhamywa n’urukiko icyaha cy’ubujura, akatirwa gufungwa imyaka ine. Byari ihurizo rikomeye ku musore nka we wari ufunzwe bwa Read More
Mugihe uwishingiwe muburyo butandukanye aba yizigamiye, kuko iyo ahuye n’insanganya yishyurwa ,nyamara mu Rwanda abatanga ubwishingizi baracyari bakeya ,nubwo imibare uko imyaka Ishira igenda izamuka. Mubanyarwanda barenga miliyoni 11 abagera kuri 1.9%nibo batanga ubwishingizi gusa Read More