Mu itangazo banyujije kumbuga nkoranyambaga zabo forzza bavuzeko kuri uyu wakane tariki ya 26 ukwezi kwa gatanu , amashami yabo araza kuba afunze kuko bafite igikorwa cyo kujya kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ,ubuyobozi bwa FORZZA bwavuzeko amashami Read More
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yashinje u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23. Yabivugiye mu nama nyunguranabitekerezo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yabaye Read More
Mu rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Perefegitura ya Gikongoro ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na jenoside yakorewe abatutsi Bucyibaruta yaje yambaye ishati y’umweru udakeye , yamaboko maremare, Read More
Ubwo habaga inama yahuje aborozi b’ingurube n’ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi kugira ngo babwire ubuyobozi bushinzwe ubworozi, by’umwihariko ubw’ingurube, ibibazo bahura nabyo mu bworozi bwabo.yabasabye kwirinda abantu Read More
Umuturage wo mu mudugudu wa Rugarama II mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, arangije gukora umuhanda wa kaburimbo ureshya na metero 500 (1/2 cya kilometero imwe), akavuga ko yari agamije kunganira Leta mu ngengo y’Read More
Rusizi: Yanze ko umugabo we ashyingurwa kuko umugozi yiyahurishije wabuze Umugore w’umugabo wo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi uherutse kwitaba Imana yiyahuye, yanze ko bamushyingura hataraboneka akagozi yimanitsemo ngo bakamushyingurane ngo Read More
Nubwo Umujyi wa Kigali udahwema gukaza ingamba zijyanye no guca ababyeyi basabiriza n’abacururiza mu mihanda, bashyirirwaho amasoko, hakomeje kugaragara abantu basaba rimwe na rimwe bakanifashisha abana baba bakodesheje ababyeyi babo. Ubu iyo utembereye Read More
Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubuyobozi mu rwego rw’ubuzima mu gihugu cy’u Bwongereza, bwemeje ko muri icyo gihugu hadutse virus izwi ku izina rya Monkeypox ifitanye isano n’Icyorezo cya ‘Smallpox’ cyigeze Read More
Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wambere rukomeje kuburanisha Laurent Bucyibaruta wabaye perefe w’icyari perefegitura ya Gikongoro akaba akurikiranwa ku byaha bifitanye isano na jeniside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Read More
Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. Ibihaza biba mu Read More