Mu minsi ishize havuzwe inkuru y’umusore wo mu Mujyi wa Kigali wahururiwe na rubanda kubera urusaku rwumvikanaga ari gutera akabarariro, yavuze icyari kibyihishe inyuma. Inkuru y’uyu musore yavuzwe mu byumweru bitatu Read More
Umuturage wo mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro yabyutse asanga imisaraba ibiri yegetse ku rugi rw’urugo rwe bikaba bikekwa ko byakozwe n’abana be. Uyu mubyeyi witwa Nturanyenabo Euphrasienne utuye Read More
Ni mu gihe Koreya ya Ruguru yibuka urupfu rwa Kim Jong Il wategetse Koreya ya Ruguru kuva mu 1994 kugeza apfuye mu 2011, hanyuma asimburwa n’umuhungu we wa gatatu akaba n’umuhererezi iwabo umuyobozi Read More
Umukuru wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yambitse abasirikare batatu umudari wa mbere ukomeye cane muri ico ghugu, muri abo harimwo umwirabure wa mbere atewe iryo teka kuva habaye intambara ya Vietnam. Sergeant Read More
Uwunganira Muhayima Claude ushinjwa uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi yatangajeko agiye kujurira kuri Uyu wagatanu ,ni nyuma yuko , urukiko rwamuhamije ibyaha by’ubufatanyacyaha muri Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, agahanishwa imyaka 14 y&Read More
Taliki 13 ukuboza 2021, urubanza rwa Muhayimana Claude ushinjwa ubufatanyacyaha muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, rwakomeje ni ku munsi wa 16 w’urubanza humviswe abatangabuhamya. Nk’uko abanyamakuru bo mu muryango w&Read More
Itangazo Perezida wa Uganda yaraye asohoye rivuga ko Major General Robert Rusoke ari we ugomba guhagararira igihugu cye mu Rwanda. Uyu musirikare wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru yari asanzwe ahagarariye inyungu za Uganda muri Read More
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ku isaha ya saa munani z’ijoro , ku musigiti wo ku Muhima witwa Nasurullah uri mu mudugudu w’Inyarurembo ubarizwa mu murenge wa Muhima wari wagoswe Read More
Myinshi mu miryango y’Abanyarwanda ikoresha kuri Noheli hafi 60% by’inyungu babona ku mwaka. Ibihugu bitandatu byakorewemo igenzura; u Rwanda , Cameroon, Nigeria, Mexico, Lebanon na Philippines, kuri Noheli bikoresha ijana ku ijana Read More
Rulindo: Uwatsindiye ibagiro arashyira mu majwi Akarere kumuteza igihombo cya
Dr Ndagijimana Joseph wo mu Murenge wa Base mu Karere ka Rulindo watsindiye isoko ryo gucunga ibagiro ry’Akarere aragashyira mu majwi kumuteza igihombo cya miliyoni zisaga 141 y’amafaranga Read More