Bamwe mu bakozi (Agents) ba MTN Rwanda barashinja iyi sosiyete kubambura amafaranga ya komisiyo baba bakoreye, bakavuga ko bimaze igihe bikorwa ku buryo n’ugerageje gukurikirana ikibazo cye, simukadi ye akoresha mu kazi ihita Read More
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Koreya ya Ruguru yibye miliyoni zirenga 300$ zakoreshejwe muri porogaramu yo gukora intwaro za kirimbuzi, byakozwe mu 2020. Aya makuru yatanzwe n’inyandiko yizewe iturutse mu Muryango w’Abibumbye, Read More
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangajje ko umuti wa Favipiravir wagaragaje ko utanga icyizere mu kuvura abarwayi ba COVID-19 barembye. Uyu muti wagejejwe mu Rwanda muri Mutarama mu rwego rwo gushyigikira izindi Read More
Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr. Sabin Nsanzimana, mu kiganiro yagiranya na RadioTv10, mu kiganiro Zinduka, cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Gashyantare 2021, yasobanuye imiterere, inkomoko ndetse ya Read More
Leta ya Afurika y’Epfo yahagaritse ibikorwa byo gukingira Coronavirus hifashishijwe urukingo rwa AstraZeneca, nyuma y’uko ubushakashatsi bwerekanye ko ubushobozi bwarwo bwo guhashya ubwoko bushya bw’ako gakoko kihinduranya ari buke. Read More
Minisitiri w’Intebe wa Sudani, Abdalla Hamdok, yashyizeho Guverinoma nshya irimo barindwi mu bahoze bayoboye inyeshyamba zarwanyaga ubutegetsi. Ku cyumweru gishize nibwo Hamdok yasheshe Guverinoma yari isanzweho, ashaka gushyiraho indi ihuriweho. Muri Guverinoma nshya Read More
Buri mwaka tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari zitangiye Igihugu, zikagikura mu rwobo n’icuraburindi ryaganishije kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’izindi ntwari zahisemo gutanga ubuzima bwazo zitangira Read More
Igisirikare cya Myanmar cyafashe ubutegetsi nyuma y’uko mu gitondo kare kuwa mbere bafashe bakanafunga Aung San Suu Kyi wayoboraga iki gihugu hamwe n’abandi bantu bari hafi ye. Televiziyo ya gisirikare yatangaje Read More
Uyu munsi tariki ya 26 Mutarama 2021, Inteko Rusange ya Sena yatoye itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019.ol ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amatora, bityo abayobozi b’inzego z’ibanze bakaba bazakomeza kuyobora kugeza Read More
Mu nama y’ihuriro ry’Ubukungu, World Economic Forum, perezida Paul Kagame yavuze ko icyorezo cya COVID19 cyagaragaje ko hariho icyuho mu mibanire no mu mibereho y’abaturage ku isi yose, kinagaragaza Read More