Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere yerekanye abantu 15 biganjemo urubyiruko bafatiwe mu Murenge wa Nyamirambo, mu Kagari ka Mumena muri Nyarugenge, barenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus. Aba bose bafashwe kuwa 24 Mutarama 2021, Read More
Tariki ya 23 Mutarama Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rwempasha yafashe Uwamungu Jean Paul ufite imyaka 30 nyuma yo gukubita by’indengakamere agakomeretsa umwana we w’umuhugu Read More
Nyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda n’u Burundi bizongera kubana Read More
Bisate Lodge ni hoteli iherereye muri Pariki y’Ibirunga mu Rwanda, ahabarizwa ingangi ziboneka hake ku isi, ikaba iherutse gushyirwa mu mahoteli 10 ya mbere ku isi meza kandi arengera ibidukikije. Kompanyi ya Elite Traveler Read More
Umurambo w’Umusirikare w’u Rwanda witwa Sergeant Nsabimana Jean D’Amour waguye muri Centrafrique mu gitero cyo ku wa 13 Mutarama 2021 wagejejwe mu Rwanda, wakirwa mu cyubahiro n’abayobozi b’Read More
Abanyambanga Nshingwabikorwa batandatu bagomba kuyobora imirenge itandatu yari imaze amezi 10 itagira abayobozi mu Karere ka Muhanga bamaze gushyirwa mu myanya, ariko haracyari utugari dusaga 30 tudafite abayobozi. Mu bakozi b’Akarere bashyizwe mu myanya kandi Read More
Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Mutarama 2021, Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yarahiriye kuyobora icyo gihugu, akaba yavuze ko azaba Perezida w’Abanyamerika bose. Ni umuhango witabiriwe n’abantu Read More
Abari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centre-Afrique, bafatanyije n’ubuyobozi bw’icyo gihugu, basezeye mu cyubahiro umusirikare w’u Rwanda Sgt NSABIMANA Jean Read More
Kuwa Mbere tariki ya 18 Mutarama 2021, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, yatanze burundu uwari umukinnyi wayo wo hagati ufasha abataha izamu Ishimwe Kevin w’imyaka 26, mu ikipe ya Kiyovu Sports. Ubuyobozi Read More
Hari abo gahunda ya Guma murugo yasanze bafite gahunda Kwa muganga babuze uko begerayo bitewe nuko ntaburyo bwo gutwara abantu Muburyo rusange buhari, bakifuzako Umujyi wa Kigali n’izindi nzego zashyiraho uburyo abarwayi bagera Read More