Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’abandi bafatanyabikorwa mu buhinzi, bashyize hanze igiciro fatizo cy’ibigori aho ikilo cy’ibigori bihunguye Read More
Mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku wa 18 Kuwa 27 Gashyantare 2023, Guverinoma yijeje kongera mu mihanda y’Umujyi wa Kigali imodoka zitwara abagenzi zisaga 300. Ni icyemezo yafashe muri gahunda yo gukemura ibibazo Read More
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yashimiye
Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu, ubwo hahembwaga imishinga itatu y’urubyiruko yahize indi muri gahunda igamije kuzamura imishinga y’urubyiruko itanga icyizere ‘Level Up your Biz Initiative’. Iyi mishinga itatu Read More
Papa François yavuze ko uburyohe mu mibonano mpuzabitsina ari ”ingabire (impano mu Kinyarwanda) iva ku Mana” ikwiye ”kwitonderwa mu kwihangana”. Yagabishije kandi ko amasanamu n’amashusho y&Read More
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yasobanuye ko mu masezerano igihugu cyagiranye n’u Bwongereza ajyanye n’abimukira, ingingo y’uko amafaranga rwahawe muri iyi gahunda yasubizwa nta yirimo, Read More
Abaturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Gacaca bubakiwe ibagiro ry’ingurube rigezweho, rizabafasha kurya inyama zizewe kandi zuzuje ubuziranenge. Iri bagiro ryatashywe kuri uyu wa 17 Mutarama, ryitezweho kongera ubuziranenge bw’Read More
Ni igikorwa cyatangiriye mu Karere ka Ngororero tariki 17 Mutarama 2024 ariko kikazagera mu tundi turere, kikaba cyitezweho kuzihutisha kugabanya igwingira mu bana riboneka mu Rwanda. Leta y’u Rwanda irakoresha umuvuduko uri hejuru mu kurwanya Read More
Hagati aho umumyamabanga mukuru wa loni Antonio Guterres yavuze ko impande zihanganye mu ntambara yo muri Gaza ziri kwica nkana amategeko mpuzamahanga, abasaba gukorera hamwe hakabaho agahenge. Guterres witabiriye inama y’ihuriro ry&Read More
Ku munsi w’ejo nibwo byatangajwe ko president Assoumani yegukanye instinzi mu matora aybaye ku cyumweru. Idrissa Said Ben Ahmada, perezida wa Komisiyo y’amatora muri icyo gihugu niwe waraye atangaje Read More
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko mu gihe u Burundi bwakenera ko ibiganiro bikomeza, u Rwanda rwiteguye kubikora kuko ruhora rushaka ko ibibazo byarwo n’ibindi bihugu byakemuka binyuze mu biganiro. Hashize Read More